27.2 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Byinshi utamenye byaranze ubukwe bw’umupfumu Salongo

Rurangirwa Wilson benshi uzwi nka Salongo wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yasezeranye n’umugore we. Ni ibirori byabereye muri Salle Polyvalente ya Paroisse Saint Pierre Cyahafi...

Urukiko rwakatiye imyaka 10 umwana w’imyaka 16 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abavandimwe be 3 na mubyara we

Mu gihugu cya Kenya humvikanye inkuru yakangaranyije benshi, ndetse bamwe batangira kwibaza uburyo abantu bafite ubunyamanswa muri bo. Byose bikaba byatangiye ubwo humvikanaga inkuru...

Umugabo yahaye ubutabazi bw’ibanze umukobwa ukimara kubyara

Kinyanya yakinguriye imiryango umubyeyi n’umwana we ukivuka nyuma yo kumva inkuru y’akababaro y’uyu mubyeyi maze akagira umutima utabara. Uyu mugabo ugifite umutima atuye mu muturirwa...

Rubavu: Undi munyaRwanda wicwe n’abanyecongo akomerekejwe

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 wari usanzwe ukora uburobyi ku kiyaga cya Kivu, yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’abagizi ba nabi bikekwa ko...
- Advertisement -

Intambara iravuza ubuhuha hagati ya M23 na FARDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje hagati y’Umutwe wa M23 n’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC, zifatanyije n’abarwanyi ba Wazalendo. Amasasu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel