27.2 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Breaking news: Tity Brown yafunguwe

Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’ubushinjacyaha nta shingiro gifite. Rwemeje ko Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Tity Brown ari umwere ku cyaha cyo gusambanya M.J. Rwemeje...

Wenssens umunyezamu uzanye impinduka mu ikipe y’igihugu Amavubi

Umunyezamu Wenssens  ni umwe muri batatu bazongerwa muri 30 batangiye imyitozo tariki 4 Ugushyingo, aho Amavubi yitegura imikino ibiri irimo uwa Zimbabwe na Afurika...

Hari gukusanwa asaga miliyoni 6 yo gushyingura Eric Gori umwaze imyaka iatanu u buruhukiro bw’ibitaro

  Umunyarwenya Eric Omondi yatangiye igikorwa kigamije gukusanya inkungu yo gufasha umuryango w’umugabo witwa Eric Gori, umaze imyaka itanu mu buruhukiro bw’ibitaro atarashyingurwa.  Uyu mugabo witabye...

Abanyamakuru bo mu Rwanda batangaje imbogamizi bahuranazo

Ubwo hizihizwaga umunsi Nyafurika w’Itangazamakuru ku wa 07 Ugushyingo, hari bamwe mu banyamakuru batangaje ko bagifite imbogamizi z’amikoro nkaho usanga bamwe bakorera umushahara muke...
- Advertisement -

U Rwanda rugiye gusimbuza abapolisi rwohereje mu butumwa bw’amahoro

Guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Ugushyingo, u Rwanda ruratangira gusimbuza abapolisi rwohereje mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel