36.1 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Passport y’u Rwanda kurubu ntigifite agaciro kubantu bayifashe 2019

Guverinoma y’uRwanda yashyizeho uburyo bushya bufasha abantu kujya mu bihugu bitandukanye, ibyo bizajya bibafasha kuba batagira ibibazo mu ngendo zabo. Ku itariki ya 28 ukwakira...

Abavandimwe bafatanyije kwica umubyeyi wabo

Abasore bababiri bavukana bafungiwe bakurikiranyweho kwica nyina ubabyara witwa Nyirangaruye Daphrose w’imyaka 47 bamunize. Ndikumana Joel w’imyaka 23 na Niyoyandinze Eric w’imyaka 18, bafungiye kuri...

Amerika yasabye Kagame na Tshisekedi gukura abasirikare ku mupaka

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Amerika Antony Blinken avuga ko yavuganye na Perezida w'u Rwanda na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mwuka w'ubushyamirane...

Igisirikare cya Ukraine kiri ku gitutu nyuma y’igitero cy’Uburusiya cyishe abasirikare

Abakuru b'igisirikare cya Ukraine barimo kurushaho kotswa igitutu kijyanye n'igitero cya misile Uburusiya buherutse kugaba, byemezwa ko cyishe kikanakomeretsa abasirikare benshi ba Ukraine. Ibitangazamakuru byo...
- Advertisement -

DNA irabikoze ! uyu mugabo arabigira ate abana bane bose

Bwana Kola, ukomoka Ikire muri Leta ya Osun muri Nigeria, n’umugore we Toyin Arike, bafite abana 4 harimo Ayomide w’imyaka 16, Sarah w’imyaka 12,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel