36.1 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umwana w’imyaka 8 yaguye mu cyobo iwabo bicukuriye

Umutoniwase Rosine w’umwaka n’amezi 8 gusa wari wasizwe n’ababyeyi be mu rugo yaguye mu cyobo cy’amazi acitse abavandimwe be bari bamusigaranye ahita ahasiga ubuzima. Nk’uko...

«Kuva mu mwiherero wa Miss Zuri Africa Queen byari bigoye» Pamella avuga uko yahuye na The Ben

Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina" akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe. Ni amagambo agaragara muri Bibiliya, ari nayo yanditse...

RIB yafunze abakozi b’akarere barindwi bazira kunyereza umutungo wa rubanda

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga Bizumuremyi Al Bashir, mugenzi we w’Akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace n’abandi bakozi batanu...

Jolie ati:” Twibere ibirura” namwe mubwire

Ese aya magambo miss wacu Jolie ari gukoresha aho ntawe muri rusange ari kubwira , ese urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurarebera kuko ari umukobwa...
- Advertisement -

Ibya Bruce Melody na Emmy Kinege bigeze aho Emmy abivuga ashakisha amafaranga yo gutuma afungwa

Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Bruce Melody aherutse gutangaza ko umunyamakuru Nsengiyumva Emmanuel uzwi nka Emmy Rwanda Ikinege amwanga, biza no guteza urunturuntu muri Showbiz...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel