29.3 C
Africa
Saterdag, April 25, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Igikuba cyacitse nyuma yuko Ingabo za LONI ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zitawe muri yombi

Abasirikare umunani ba MONUSCO batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryakorewe abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.  Itangazo ryo...

Kigali: Imodoka itwara abanyeshuri igonze moto ebyiri icyarimwe maze uwari uyitwaye akora igikorwa cyatumye benshi bacika Ururondogoro

Imodoka itwara abanyeshuri yagonze abamotari babiri ni uko maze uwari uyitwaye afumyamo ariruka.  Ni impanuka yabereye mu muhanda uva Jali werekeza Karuruma.  Ababonye iyi mpanuka, babwiye...

MINALOC yatangaje ko Abanyarwanda ibihumbi 200 bazajya bava mu bukene bukabije buri mwaka

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC yatangaje ko yihaye intego y’uko buri mwaka Abanyarwanda ibihumbi 200 bazajya bakurwa mu cyiciro cy’ubukene bukabije.  Ibi byatangajwe kuri uyu wa...

Musanze: Umwana w’imyaka itatu yitabye Imana azize impanuka yabereye iwabo mu rugo.

Mu karere ka Musanze umurenge wa Gacaca akagari ka Gasakuza umudugudu wa Nyamugali umwana w’imyaka itatu yaguye mu bwiherero atabarwa yamaze gushiramo umwuka.  Ku wa...
- Advertisement -

Ubu ntibikiri ibyoroshye!  Wazalendo yasizoye igomba gukubita M23! Menya byinshi wahishwe

«Wazalendo» ni ijambo ry’Igiswahili risobanura “Ba kavukire”. Niba ukurikiranira hafi ibibazo bya politiki n’umutekano wo mu Karere si rishya mu matwi yawe. Ni Ihuriro...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel