37.3 C
Africa
Saterdag, April 25, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Hari abarimu basaga ibihumbi 14 bari kwishyuza Leta y’u Rwanda amafaranga akabakaba miliyari 5 bakoreye ntibayahabwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, kivuga ko hari abamaze kwishyurwa, kigasaba n’abandi kuba bihanganye.  Mu yandi makuru agezweho arebana n’uburezi, Madamu Jeannette Kagame...

Pamela yavuze ku muhuro wa The Ben na Bruce Melodie! Ese ibi biraca impaka zimaze igihe kumbugankoranyambaga?

bahanzi Nyarwanda barimo The Ben ukiri kuganirizwa, Bruce Melodie, Mike Kayihura, Ish Kevin, Kivumbi King, Kenny K-Shot bongewe ku rutonde rurerure rw’abahanzi bazaririmba mu...

Umwe muba Perezida ba kimwe mu bihugu bya Afurika yasabye kuba umuhuza mu kibazo cya Israel na Hamas Blinken wa Amerika ahita ajya muri...

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yavuze ko igihugu cye cyiteguye kuba umuhuza mu kibazo kimaze imyaka gihanganishije Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas...

RIP Solange! Gitifu w’umurenge wa Kibirizi mu karere ka Gisagara yitabye Imana azize impanuka yabereye mu rugo iwe

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibilizi mu karere ka Gisagara , Umumararungu Solange ,yitabye Imana.  Amakuru ya UMUSEKE avuga ko yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu...
- Advertisement -

Inkuru itugezeho nonaha: Inyeshyamba za Wazalendo ziremeza ko ubu zigenzura Masisi yose

Kuva mu ntangiriro z’Ukwakira, imirwano ikaze yagaragaye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagati y’inyeshyamba zishyigikiye leta zibumbiye mu kiswe Wazalendo zifatanyije...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel