33.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Nyuma yuko urukundo rwabo rutewe imijugujugu, Diamond Platnumz na Zuchu bagiye kuryohereza i Dubai. Amafoto

Mbere yo gutarama mu mujyi wa Dubai ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Gicurasi, Diamond Platnumz na Zuchu bagaragaye bari kuryoshya...

Hamenyekanye amakuru mashya ku mwarimu witwa Harerimana wiyahuye kubera ubuhemu yakorewe n’umukobwa yakundaga!

Kuri uyu wa Gatatu, abaturage batunguwe n’umusore w’imyaka 27 witwa Harerimana Pascal,wari umwalimu wigisha mu mashuri abanza basanze amanitse mu mugozi yapfuye bagakeka ko...

Perezida Tshisekedi wa RDC yahiye ubwoba bwinshi cyane akimara kumenya abasirikare n’Abapolisi b’amapeti yo hejuru biyunze kuri M23.

Koloneri wa FARDC na Kapiteni wa Police y’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi benshi ba Nyatura bishyikirije M23 tariki 14 Gicurasi 2024.  Koloneri...

Habaye imyigaragambyo karundura muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Gicurasi 2024, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Mu mujyi wa Goma hongeye kuba imyigaragambyo yamagana ubwicanyi...
- Advertisement -

Dore ibikubiye mu ruzinduko Perezida Félix  Tshisekedi agiye kugirira mu ntara ya ITURI

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe mu ntara ya Ituri imaze igihe yarayogojwe n’ubwicanyi. Ni uruzinduko rugomba kuba kuri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel