25.7 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Dorimbogo yavuze ko atari yizera umukunzi we bamaze igihe bakundana. Amafoto

Umuhanzi akaba n’umurwenya ku mbuga Nkoranyambaga Dorimbogo , ku  nshuro ya mbere yagaragaye mu kiganiro hamwe n’umukunzi we.Uyu mukobwa wavuze ko yahiriwe ndetse agaragaza...

Sarpongo uheruka gushengura imitima y’abafana ba Gikundiro yongeye gushimangira ko akunda APR FC kurenza Rayon Sports

Umufana wahoze ari uwa Rayon Sports yagaragaye mu marangi ya APR FC avuga ko kuva na kera yakundaga APR FC ikipe umubyeyi asanzwe afana.  Mu...

Shaddyboo wicuza kuba yarashyize ubuzima bwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko agikunda Meddy Saleh babyaranye

Umunyarwandakazi Shadia Mbabazi wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yatangaje iby’urukundo rwe na Meddy Saleh.  Uyu mubyeyi aherutse gutangaza ko abantu bamwibasira bamuhoye kwitonda nyuma yo...

“Umugabo wanjye yambenze ambwira ko mbishye mu gutera akabarir0, nahise nzinukwa akabarir0 n’igisanako”

Mu nkuru ivanze na marira, umugore witwa Phiona yasangije abantu inkuru y’ubuzima abayemo nubwo yanyuzemo mu rushako rwe maze abantu benshi batangazwa n’umutima ukomeye...
- Advertisement -

Amakuru mashya y’ibyo u Burusiya bwakoreye Perezida Volodymyr Zelenskiy wa Ukraine

Ibiro Ntaramakuru bya Leta, TASS byatangaje ko bwafunguye dosiye y’inshinjabyaha kuri Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskiy, bumushyira ku rutonde rw’abashakishwa.  U Burusiya bwasohoye impapuro zo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel