29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Imvura ikomeye yahitanye nibura abantu 56 abandi baburirwa irengero

Ikigo gishinzwe umutekano w’abaturage cya Rio Grande do Sul cyatangaje ko imvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu ushize, muri Leta...

Ingabo z’u Rwanda zimaze iminsi irimbagurira abarwanyi bo mu mashyamba y’inzitane yo muri Eráti

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba rwo muri Mozambique, avuga ko Ingabo z’u Rwanda zimaze iminsi zicira ibyihebe zagiye kurwanya mu mashyamba y’inzitane...

M23 yigishije isomo FARDC n’abambari bayo ku mirongo y’imbere, yigarurira utundi duce tubiri twegereye Kivu y’Amajyepfo

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko M23 yafashe uduce twa Bitonga na...

Igitero cyahitanye benshi i Goma cyageretswe ku ngabo za RDF, u Rwanda ruhita rutanga igisubizo kuri icyo kirego rwashinjwe na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda (RDF), kuba ari zo ziri inyuma y’igisasu cyahitanye impunzi z’abanye-Congo i  Goma, cyagabwe ku wa Gatanu...
- Advertisement -

Umuntu wese uzajya ufatwa yaguze ibicuruzwa n’umuzunguzayi agiye kuzajya ahanwa bikomeye

Nyuma y’igihe mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye hakunze kugaragara ubucuruzi bwo ku mihanda buzwi nk’ubuzunguzayi, Ubuyobozi bw’aka Karere bwafashe umwanzuro ko bugiye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel