29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Hatangajwe icyatumye Umuvinyo ushushanya amaraso ya Yezu uba imbonekarimwe muri Kiliziya Gatolika

Abayobozi ba za Diyoseze ndetse n’Abapadiri bo mu gihugu cya Uganda basabwe kuzigama divayi itavangiye basigaranye yifashishwa mu gikorwa cyo guhazwa, kuko kubona izindi...

Rusizi: Umusore birakekwa ko yiyahuye kubera umukobwa yamubenze, agasiga yanditse ibaruwa yashenguye imitima ya benshi

Umusore witwa Ishimwe Ramazani wo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, wari ufite imyaka 24 y’amavuko, birakekwa ko yiyahuye...

Kigali: Umurwayi yagiye kwivuza abonye batinze kumuvura afata icyuma amenagura ibirahure by’imodoka ziri ku Bitaro n’ingobyi z’abarwayi hakekwa indi impamvu itangaje

Umugabo witwa Ndagijimana Albert wari uje kwivuza ku Bitaro bya Muhima mu Mujyi wa  Kigali, yahageze abonye hashize iminota 20 batari bamwakira, ahita afata icyuma...

Umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri yabanje kubarira ibiraha ntabishyure akarara abasambanya, Urukiko rwamufatiye icyemezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Ruhango rwafashe icyemezo ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri, akarya n’amasambusa (ibiraha) bari baguze ntabishyure akwiye gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo ni nyuma...
- Advertisement -

Bahise batangira kumukeka! Ariel Wayz yatangaje ko agiye gusohora indirimbo acyurira umusore bakundanaga akamuhemukira

Umuhanzikazi Uwayezu Ariel wamamaye nka Ariel Wayz yamaze guteguza abakunzi be indirimbo nshya yihanangiriza umusore bahoze bakundana wifuje ko bakongera gusubirana, akamwibutsa ko agahinda...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel