24.7 C
Africa
Dinsdag, April 28, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Bitunguranye, indi nyamaswa yarumye umugabo wayerekaga ba mukerarugendo imukuraho imyanya y’ibanga

Umugabo yari hafi kubura ubugabo bwe ubwo ingona nini yamurumaga hagati y’amaguru,nyuma yo kuyisanga aho ziba ngo ayimurikire ba mukerarugendo.  Uyu mugabo ushinzwe kwita ku...

Abanyarwanda n’Abarundi baguye mu kantu bagikubita amaso raporo yasohowe na ONU y’uko ibihugu bikurikirana ku byishimo by’abaturage babyo

Kuri iyi tariki yagenwe na ONU nk’umunsi mpuzamahanga w’ibyishimo ku isi raporo igaragaza uko ibyishimo bihagaze ku isi uyu mwaka yibanze ku kureba ku...

Umuherwe waguze Manchester United yahishuye ikipe yifuza ko yatwara shampiyona uyu mwaka hagati ya Arsenal, Man City na Liverpool nubwo ari abanzi

Umuherwe wa mbere mu Bwongereza, Sir Jim Ratcliffe uheruka kugura imigabane ingana na 25% mu ikipe ya Manchester United, yatangaje ko mu makipe atatu...

Amakuru mashya y’ibyabaye ku bantu batatu mu bacyekwaho kwica mudugudu bamuciye imyanya y’ibanga

Amakuru agezweho, avuga ko abantu batatu bacyekwaho kwica mudugudu wo mu Karere ka Nyabihu Akagali ka Nyarutembe, Umurenge wa Rugera Akagali ka Jali, bakaba baramwishe...
- Advertisement -

Urugo rw’umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko rwagabweho igitero rusakwa amasaha agera kuri atanu

Ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki ya 19 Werurwe 2024, abashinzwe iperereza bo muri Afurika y’Epfo  bagabye igitero ku rugo rwa Perezidante w’Inteko...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel