35.5 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Hateranye inama idasanzwe nyuma yuko FARDC n’abambari bayo bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera ibyo M23 ishobora gukora

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,  hateraniye inama idasanzwe yari iyobowe na minisitiri w’ingabo z’iki gihugu, Jean Pierre Bemba Gombo, ikaba yarateranye ku mpamvu...

Itangazo karundura rirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa nyuma yuko rivuzweho na Tshisekedi.

Itangazo ryavugaga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zokeje igitutu u Rwanda ku bijyanye n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaje...

M23 iratabariza abaturage kubera igikorwa cya kinyamaswa bari gukorerwa na FARDC n’abambari bayo nyuma yo kwamburwa ibice by’ingenzi.

M23, iratabariza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje gukorerwa ubugizi bwa nabi n’Ingabo za FARDC n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta...

Bahise bakora inama karundura: Hamenyekanye amayeri FARDC igiye gukoresha nyuma yo kwamburwa ibice by’ingenzi na M23

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa mbere tariki 05 Gashyantare 2024 ryongeye kugaba ibitero biremereye rikoresheje...
- Advertisement -

Abanye-Congo basohoye itangazo karundura ryamagana ingabo za SADC zikomeje kurwanya M23 zirengagije ibikubiye mu masezerano zasinyanye na Tshisekedi

Ubuyobozi bw’urubyiruko rw’Abanye-Congo binyuze muri bwana Mutingwa Alimas Richard, bwamaganye bivuye inyuma icyemezo cyafashwe n’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, cyo kudafasha igisirikare...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel