35.5 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

U Burundi bwohereje abandi basirikare benshi cyane bagiye kurwana na M23 nyuma yuko yambuye FARDC ibice bitatu by’ingenzi.

Guverinoma y’u Burundi irangajwe imbere na Perezida Evariste Ndayishimiye yohereje abandi basirikare benshi cyane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru guhangana na M23 nyuma yuko...

M23 yerekanye abandi basirikare benshi b’u Burundi harimo n’abari k’urwego rwa Major na Col. yafashe mpiri bahita bamagana Perezida Ndayishimiye.

M23 yeretse abanyamakuru abasirikare b’u Burundi bafashwe matekwa mu mirwano ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo na M23, mu Burasirazuba bwa...

Bahise bamukuraho umutwe: Umusirikare w’ipeti ryo hejuru akaba yari n’umuyobozi mu bahanganye na M23 yishwe atemaguwe n’abaturage azira kwiba Ihene

Inyeshyamba yitwa Colonel Autoproclamé, yo muri Wazalendo mu mutwe wahoze witwa Maï Maï Biroze Bishambuke, yishwe atemaguwe n’abaturage bo muri teritware ya Fizi, mu...

Amerika: Hamuritswe umwanzuro karundura wamagana jenoside ikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda, Perezida Biden asabwa gukora ikintu gikomeye

Umudepite wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, André Carson, yamuritse umwanzuro wamagana ubugizi bwa nabi bukomeje gukorerwa Abatutsi b’Abanyekongo n’Abanyamulenge bo muri Repubulika ya...
- Advertisement -

Abasirikare ba SADC, FARDC, FDLR n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhade rwa RDC bakwiriye imishwaro bahunga batazi iyo bagana

Ku ri uyu wa kane tariki 01 Gashyantare 2024 Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamwe n’zikomoka mu muryango w’ubukungu wa SADC,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel