36.3 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

M23 yongeye gukoza isoni igisirikare cya FARDC n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa cyo kubera ibyo yazikoreye.

Ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 01 Gashyantare 2024, M23 imaze igihe ihanganye bikomeye n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC...

Benshi bahasize ubuzima: Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyikoze mu nda ku musozi wa Muremure

Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aremeza ko ingabo z’iki gihugu (FARDC) zimaze kwikora mu nda, ku musozi wa Muremure.  Aya makuru...

Yari umuyobozi ukomeye cyane muri FDNB: Umusirikare ufite ipeti ryo hejuru mu ngabo z’u Burundi yaguye ku rugamba muri RDC.

Amakuru ava mu basirikare b’u Burundi aremeza ko igisirikare cy’iki gihugu, FDNB, cyaraye kibuze umusirikare wacyo ufite ipeti ryo hejuru, Major Adrien Sindayihebura, aho bagenzi...

Abana bakiri bato basaga 1000 binjijwe ku gahato mu ngabo za FARDC ziri gukubitwa uruhenu mu mirwano zihanganyemo na M23

Kuri uyu wa kane tariki ya 1 Gashyantare 2024, FARDC yafashe Urubyiruko rugera ku 786 rw’Abanyekongo rurimo Abakobwa n’Abahungu bakiri bato, ibinjiza mu gisirikare cyayo...
- Advertisement -

Inteko Ishingamategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagariye Urubyiruko rw’iki gihugu kwitegura gutera u Rwanda

Inteko ishingamategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binyuze muri Perezida wayo w’agateganyo yahamagariye abanye-Congo cyane cyane urubyiruko rw’iki gihugu kwitegura guhangana n’u Rwanda.  Christophe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel