36.3 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Intare za Sarambwe zakoze igikorwa gikomeye cyakomye mu nkokora ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Mutarama 2024 Urusaku rw’imbunda zitandukane rwumvikanye cyane mu marembo ya Sake.  Ni mu gihe ku...

RDC: Abaturage umunani bo muri Kivu y’Amajyaruguru biciwe mu gitero gitunguranye bagabweho

Abaturage umunani nibo byamenyekanye ko baburiye ubuzima mu gitero cyagabwe mu gace ka Oïcha, muri teritware ya Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri...

Abanye-Congo bakoze imyigaragambyo yamagana ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ibyo umusirikare wazo yakoreye i Bukavu

Abaturage baturiye agace ka Panzi, mu mujyi wa Bukavu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bakoze imyigaragambyo yo kwamagana ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Byahinduye Isura: Ibisasu byinshi cyane biremereye cyane by’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo byibasiye abasivile muri Masisi.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 31 Mutarama 2024 mu duce twa Karuba na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,...
- Advertisement -

Rwanda: Ababyeyi bafungiye mu magororero bagiye kujya bahabwa ifunguro ryihariye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimama Jean Claude, yatangaje ko mu iteka rigenga amagororero ririmo gutegurwa hateganyijwemo amabwiriza azagenera ifunguro ryihariye abagore batwite, abonsa n'abandi bafite...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel