36.3 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

N’iki cyaba cyihishe inyuma y’itangazo rya Sosiyete sivile ya Rutshuru k’ukuba haba hari ingabo za UPDF bavuga ko zaba zinjiye Muri RDC gufasha abarwanyi...

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahawe impuruza n’Inama y’urubyiruko rwo muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’abo ivuga ko ari abasirikare bo mu ngabo...

Bombori Bombori hagati ya Perezida Evariste Ndayishimiye na Reverien Ndikuriyo umukuru w’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi

Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa bombori Bombori mu Ishyaka rya CNDD FDD riri ku butegetsi muri iki gihugu, aho Perezida Evariste Ndayishimiye na Reverien...

Umuryango w’Abibumbye wasabye ikintu gikomeye FARDC n’abambari bayo nyuma y’ishyano baheruka gukora barwana na M23.

Intumwa yihariye y’umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yamaganye ibyo gutera ibisasu buhumyi ku baturage b’abasivili bikomeje kubera mu...

Umutwe wa M23 wemeje ko ingabo za SADC ziheruka koherezwa muri RDC kuwurwanya zatangiye kubarasa zifashishije intwaro za Muzinga

Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo za SADC (umuryango w’ibuhugu bya Afurika y’Amajyepfo) zatangiye kubarasa zifatanyije n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
- Advertisement -

Imyigaragambyo karundura yahagaritse urujya n’uruza rw’ibinyabiziga muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo. Amafoto

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haramukiye imyigaragambyo y’abamotari, yo kwamagana icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi kibuza moto kugenda mu muhanda nyuma ya saa kumi n’ebyiri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel