38.1 C
Africa
Dinsdag, Mei 5, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Felix Tshisekedi ubu ari muri «dilemma» ntazi niba azakomeza kurwanya u Rwanda yarananiwe na M23»Tito Rutaremara

Tito Rutaremara, umwe mubanyepolike ukomeye cyane mu Rwanda, ndetse akaba no mu bambere bashinze ishyaka riri kubutegetsi bw’u Rwanda FPR-Inkotanyi, yakomoje nawe ku mukuru...

APR FC yatsinze JKU SC yo muri Zanzibar 3-1 ihita igera muri 1/4 cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup.

Wari umukino wa kabiri w’itsinda B mu gikombe cya Mapinduzi kirimo kubera muri Zanzibar. Nyuma yo gutsindwa na Singida Fountain Gate mu mukino wa...

«Ubu ntabiganiro tugikeneye! » M23 yariye karungu itangaje ku mugaragaro ibyo igiye gukorera Tshisekedi

Canisius Munyarugero umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23 mu bya Politiki; yeruye atangaza ko izi Ntare za Sarambwe itazongera guhendahenda ubutegetsi bwa Perezida Félix...

Minembwe: Ikibazo cy’ubujura mu Ngabo za FARDC zaterwaga no kubura ibiryo cyavugutiwe umuti »Umva umuturage

Abasirikare mu ngabo za FARDC bakorera akazi kabo muri Komine ya Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bari kubyinira kurukoma nyuma yo kongera guhabwa...
- Advertisement -

Leta ya Tshisekedi yataye muri yombi abasirikare bayo 26  ibaziza kwikanga no gutinya M23

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yataye muri iyombi abasirikare bayo 26 ibaziza kwikanga no kugirira ubwoba Intare za Sarambwe (M23) i Sake...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel