38.7 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Ubutumwa bw’abahutu kwa Perezida Tshisekedi bwishimira itsinzi ye bwaciye igikuba

Itsinda ryibumbiye muri kominote y’Abahutu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryageneye ubutumwa Perezida Tshisekedi bwishimira intsinzi ye nyuma y’uko bitangajwe ko yatsinze...

Ishyaka PPRD rya Kabila rikomeje gusaba ko amatora asubirwamo! CENI nayo yahinduye umuvuno

Kwiyamamariza Umwanya w’Abasenateri naba Guverineri, byamaze kwigizwa imbere mugihe byari biteganijwe kuba tariki ya 03 Mutarama 2024. Mu itangazo CENI yashyize hanze riramenyesha ko ibi...

Yobeluo Corneille Nangaa yahawe inshingano muri AFC iherutse kwiyunga kuri M23

Yobelluo Corneille Nangaa wigeze kuyobora komisiyo y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri ubu yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo rimaze igihe gito...

Ubutumwa bwa Perezida Bertrand Bisimwa bwakoze ku mitima ya benshi! Umwaka mwiza wa 2024

Perezida Bertrand Bisimwa yashyize umukono ku itangazo ry’ifuriza umwaka mushya mwiza abaturage baturiye uduce twose Ingabo za ARC/M23 bagenzura kandi banabaha isezerano. Nkuko tuza kuribereka...
- Advertisement -

Coup d’état muri RDC! Urugo rwa Général Gabriel Amis Tangufort rwagoswe »Inkuru irambuye

Général Gabriel Amis Tangufort usanzwe ari mubayobozi bakomeye b’Ingabo za RDC; arashinjwa kuba mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. None tariki...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel