39.1 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Uko urukundo Diamond Platnumz yakundaga Sarah rwatumye arwara akaremba

Inkuru y’urukundo rwabanje mu mutima wa Diamond Platnumz yakoze benshi ku mutima maze ituma natwe twifuza kubashakira imvo n’imvano yarwo nk’uko twabibateguriye muri iyi...

Rayon Sports yatwaye igikombe cy’Amahoro ariko ntiyagicyura kubera ibyakibayeho bamaze kugiha abakinnyi b’iyi kipe

Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Rayon Sports y’Abagore (Rayon Sports WFC), yegukanye igikombe cy’Amahoro kiri mu marushanwa akomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, ndetse iranagishyikirizwa...

Umugore yahukanye nyuma y’amezi abiri yonyine ashatse ageze iwabo apfirayo kubera ibyo umugabo we yari yabanje kumukorera

Umugabo witwa Hagumimana Emmanuel wo mu karere ka Rubavu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gukubita no gukomereta bikabyara urupfu umugore bari...

Umugabo ukwekwaho guha ruswa y’ibihumbi 200 Frw umukozi wa RIB agiye kuba afunzwe kubera amagambo yamubwiriye kuri telefone

Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana mu Karere ka Nyanza, rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo umugabo witwa Vedaste Ndizeye wayoboraga kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yitwa competitive mining...
- Advertisement -

Abifuza guhatanira kuyobora u Rwanda nk’Abakandida bigenga bagenewe inama yazabafasha kugera kubyo bashaka

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, iraburira abari gushaka imikono y’abashyigikira Kandidatire zabo zo kugira ngo bazahatane mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite nk’abakandida bigenga; kuzirinda gukoresha uburiganya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel