31.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

RDF yagaragaje ukuri ku bivugwa ko hari umusirikare wayo wahohoteye umukobwa amuziza ko yanze ko baryamana amaze kumugurira inzoga mu kabari

Umugore wo mu Kagari ka Kamanyenga mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, yavuze ko yahohotewe n’uwo yita umusirikare ngo amuziza ko yamuguriye...

Akarere ka Musanze kaje ku mwanya wa nyuma mu gutanga serivise z’ubutabera, menya umwanya Akarere utuyemo kariho

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakoze ubushakashatsi hagamijwe kumenya uko abaturage babona imitangire ya serivisi, ni muri urwo rwego harebwe ku mitangire ya serivise z’ubutabera,...

Umukobwa yakoze ubukwe bw’igitangaza n’ifoto y’umukunzi we nyuma yuko amuhaye ubutumwa bwatumye benshi bacika Ururondogoro

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gusakara inkuru y’umukobwa witwa Vivian Chizoba, usanzwe ari umunyamuryango w’itsinda ryitwa “Igbo Rant” rikorera ku rubuga rwa...

M23 yafashe Rubaya kamwe muduce tuzwiho ubutunzi bw’Amabuye y’Agaciro

Tariki ya 30 Mata 2024 ku masaha yo kugicamunsi nibwo ingabo za ARC/M23 zigaruriye Centre ya Rubaya, aho abenshi bakunze kwita kwa Mwangachuchu ho...
- Advertisement -

M23 yongeye kwatsa umuriro w’Amazuku kuri FARDC – Inkuru irambuye

Umutwe w’abarwanyi ba M23 wongeye gukozanyaho n’Ingabo za Leta ya Congo ’FARDC’ bafatanyije n’abafatanyabikorwa bayo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Taliki 30...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel