26.5 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ibyo Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko azakorera Perezida Paul Kagame byatunguye benshi bamwe bibaza ku miterereze ye

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko afite gahunda yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda akamutuka...

Muri Kenya urugomero rwaturitse ruhitana abarenga 40»Inkuru irambuye

Abantu barenga 40 bapfuye nyuma y’uko urugomero rushwanyutse kubera imvura nyinshi rugateza imyuzure hafi aho, nk’uko abategetsi babitangaza. Ingo z’abantu zatwawe n’imihanda iracika nyuma y’uko...

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine yashyize yemera ko Ingabo ze zimerewe nabi ku mirongo y’imbere ku rugamba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine, Gen Oleksandr Syrskyi, yashyize yemera ko Ingabo ze zimerewe nabi ku mirongo y’imbere ku rugamba, aho zikomeje gukubitwa inshuro...

Urupfu rw’umugore w’ikizungerezi wishwe mu buryo bwa kinyamaswa n’umugabo we w’umudiyasipora yashenguye imitima ya benshi

Amakuru y’akababaro yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yemeza ko umudamu witwa Taiwo ukomoka muri Nigeria yishwe n’umugabo we babanaga mu Bwongereza.  Uyu mugabo witwa Olubunmi Abodunde...
- Advertisement -

Abimukira bazoherezwa n’u Bwongereza mu Rwanda batangiye gufatwa

Minisiteri y’Umutekano mu Bwongereza yatangaje ko mu gihe kibarirwa mu byumweru leta y’iki gihugu izatangira gufata abimukira bagomba koherezwa mu Rwanda binyuze mu masezerano...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel