32.3 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abayisilamu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basengeye mu Rwanda kubera ibyo bakorewe na Guverinoma ya Perezida Felix Tshisekedi.

Abayisilamu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma, bangiwe gusengera muri sitade Ubumwe kubera impungenge z’umutekano muke, bahita baza gusengera...

Nyuma y’iminsi micye hari agahenge, imirwano yubuye mu isura nshya hagati ya M23 na FARDC iri kumwe n’abambari bayo

Imirwano yubuye kuva muri iki gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2024 aho wazalendo, FARDC n’abandi bafatanyabikorwa bayo bakozanyijeho na M23...

Amakuru mashya y’ibidashimishije byakorewe Abayisilamu bo mu mujyi wa Goma kuri uyu munsi mukuru wa idili fitili

Ubuyobozi bw’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bwabujije Abayisilamu gukorera igisibo cya Ramazani mu ruhame ku mpamvu z’umutekano muke.  Ni...

Musenyeri Edouard wa Diyosezi ya Cyangugu haricyo yasabye Abakristu muri iki gihe cyo kwibuka

Myr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Cyangugu arasaba abakristu kwegera no guhumuriza Abacitse ku icumu rya Jenoside Yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, kugira ngo babakomeze...
- Advertisement -

Perezida w’Amerika Joe Biden yahishuye ikosa rikomeye cyane Benjamin Netanyahu wa Israel arimo gukora kuri Gaza.

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu arimo gukora "ikosa" ku kuntu arimo kwitwara kuri Gaza.  Mu kiganiro, Biden yagize...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel