Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa...
Abayisilamu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma, bangiwe gusengera muri sitade Ubumwe kubera impungenge z’umutekano muke, bahita baza gusengera...
Imirwano yubuye kuva muri iki gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2024 aho wazalendo, FARDC n’abandi bafatanyabikorwa bayo bakozanyijeho na M23...
Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu arimo gukora "ikosa" ku kuntu arimo kwitwara kuri Gaza.
Mu kiganiro, Biden yagize...