38.1 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ingabo z’u Bushinwa zari zimaze imyaka 21 mu butumwa bw’amahoro bwa MONUSCO zatashye

Ingabo z’u Bushinwa zari zimaze imyaka 21 mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzwi nka MONUSCO, zatashye.  Kuri uyu wa...

Kwibuka30: Ubutumwa Bishop Prof.Fidele Masengo yageneye abakristo mugihe cyo kwibuka bwakoze ku mitima ya benshi

Umushumba mukuru w’amatorero ya Forsquare Gospel Church mu Rwanda,Bishop professeur Fidele Masengo,yatanze ubutumwa bw’ihumure ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Uyu...

Ibyihebe bya IS byateguje kugaba ibitero ku bibuga bikinirwaho 1/4 cya UEFA Champions League

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic state wasohoye inyandiko ivuga ngo ’Bice Bose’ iherekejwe n’urutonde rw’ibibuga by’umupira w’amaguru byose bizakinirwaho 1/4 cya UEFA Champions League uzagabaho ibitero....

Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arashinjwa kwica inka z’Abatutsi

Umusirikare ubarizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ’FARDC’ arashinjwa kwirara mu nka z’Abatutsi muri Kivu y’Amajyaruguru akazimishamo amasasu kugeza zipfuye.  Amakuru avuga ko uyu...
- Advertisement -

Hamenyekanye icyatumye Perezida Tshisekedi wari waburiwe irengero ava muri RDC rwihishwa

Amakuru aravuga ko perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi yaba arwariye mu Builigi mu ibanga rikomeye.  Ibi bije nyuma y’aho asohotse igihugu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel