23.3 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abaturage ba Goma basabye M23 ikintu cyateye icyikango gikomeye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mata 2024, hongeye kuramukira agahenge k’amahoro mu bice byahoraga biberamo imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyarugu, ahanini...

RDC: Bahangayikishijwe bikomeye n’ikosa rikomeye Perezida Tshisekedi yasize akoze agiye hanze

Kuva ku cyumweru tariki ya 7 Mata, Félix Tshisekedi yavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.  Umuyobozi ushinzwe gutangaza amakuru ya perezida,yagize ati: “Ahubwo yagiye...

AFC/M23 yahaye umukoro abaturage bose batuye mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’amajyaruguru

Ihuriro, Alliance Fleuve Congo ribarizwamo M23 riramagana ubwicanyi buri gukorerwa muri Goma ufatwa nk’umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, aho abantu bitwaje intwaro bikekwa ko...

Abatuye I Goma batashywe n’ubwoba budasanzwe nyuma y’iturika ridasanzwe ryabereye ku marembo y’uyu mujyi benshi bakwira imishwaro.

Mu mujyi wa Goma hatashye ubwoba budasanzwe nyuma y’iturika ry’imbunda ryabereye ku marembo y’uyu mujyi ufatwa nk’umurwa mu kuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.  Ibi byabaye...
- Advertisement -

Umusirikare wo mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu yinjiye muri resitora yo mu mujyi yica arashe abantu batatu

Umusirikare wo mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu (Republican Guard), mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yishe abantu batatu abarasiye muri resitora...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel